Loading...
Larger font
Smaller font
Copy
Print
Contents
UBUTUMWA BWATORANYIJWE - IGITABO CYA II - Contents
  • Results
  • Related
  • Featured
No results found for: "".
  • Weighted Relevancy
  • Content Sequence
  • Relevancy
  • Earliest First
  • Latest First
    Larger font
    Smaller font
    Copy
    Print
    Contents

    Iyo Amategeko Cumi Yirengagijwe

    Ayo mashyirahamwe ni kimwe mu bimenyetso bigaragaza iminsi ya nyuma. Abantu bariho ba kwikusanyiriza mu miba yenda gutwikwa. Bashobora kuba ari bamwe mu bagize itorero, ariko igihe bakibarizwa muri ayo mashyirahamwe, ntibashoboraa gukurikiza amategeko y’Imana; kubera ko kuyabamo bibazanira kwirengagiza amategeko cumi yose.UB2 113.5

    “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe bwose, n’imbaraga zawe zose, n’ubwenge bwawe bwose; kandi ukunde mugenzi wawe nk’uko wikunda” (Luka 10:27).UB2 114.1

    Aya magambo avuga mu nshamake inshingano yose y’umuntu. Asobanuye kwegurirwa umurimo w’Imana k’umuntu wese uko yakabaye: umubiri, ubugingo n’umwuka. Ni mu buhe buryo abantu bakumvira aya magambo kandi bakanarahirira gushyigikira amashyirahamwe abuza abaturanyi babo umudendezo wo kugira icyo bakora? Na none kandi ni mu buhe buryo abantu bashbora kumvira aya magambo kandi bagakora amashyirahamwe abuza amatsinda yambura abantu bakennye cyane amahirwe yabo mu buryo butunganye, ababuza kugura no kugurisha akabemerera gusa hari ibyangombwa bujuje? — Letter 26, 1903. (Ibaruwa 26, 1903)UB2 114.2

    Larger font
    Smaller font
    Copy
    Print
    Contents