Loading...
Larger font
Smaller font
Copy
Print
Contents
UBUTUMWA BWATORANYIJWE - IGITABO CYA II - Contents
  • Results
  • Related
  • Featured
No results found for: "".
  • Weighted Relevancy
  • Content Sequence
  • Relevancy
  • Earliest First
  • Latest First
    Larger font
    Smaller font
    Copy
    Print
    Contents

    “Ukuboko Kwanjye Kuri Ku Ruziga Rwerekeza Ubwato”

    Kugaruka k’Umwami kuregereje kuruta igihe twizereye. Mbega igitekerezo gitangaje cy’uko intambara ikomeye yegereje iherezo ryayo! Mu murimo uheruka tuzahura n’akaga tutazi uko twakitwaramo; nyamara nimutyo twe kwibagirwa ko imbaraga eshatu zikomeye zo mu ijuru ziri gukora, twe kwibagirwa ko ukuboko kw’Imana gufashe uruziga rwerekeza ubwato, kandi ko Imana izasohoza imigambi yayo. Imana izakoranya mu isi yose abantu bazayikorera mu butungane.UB2 314.2

    Akaga gateye ubwoba kugarije abantu bafite inshingano mu murimo w’Imana. Gutekereza iby’aka kaga bintera kudagadwa. Nyamara ijambo ryangezeho rivuga riti, “Ukuboko kwanjye kuri ku ruziga rwerekeza ubwato, kandi mu neza yanjye nzasohoza gahunda yanjye.” The Review and Herald, May 5, 1903.UB2 314.3

    Larger font
    Smaller font
    Copy
    Print
    Contents